mercredi 26 août 2009

MANA FASHA IKIPE YAWE!

Komite ya Rayon Sport yareguye AMAKURU DUKESHA IZUBA RIRASHE ATEYE ATYA : KIGALI - Kigali 24 Kanama 2009- Ku buryo butunguranye nyuma y’umwaka umwe gusa komite nshya itowe, kuri iki cyumweru, iyi komite iyobowe na Senateri Munyabagisha Valens yafashe icyemezo cyo kwegura nyuma yo kutishimira imyitwarire y’abafana. Muri iyi nama y’inteko rusange yabaye ikurikira iyari yabaye mu cyumweru gishize, abagize komite y’ikipe ya Rayon Sport batowe umwaka ushize, batangarije inteko rusange ko batagishiboye gukomeza kuyobora iyi kipe bitewe n’amagambo yo gusebanya aturuka mu bakunzi ba Rayon Sport ubundi ari nabo bakoreraga. Umunyamabanga wa Rayons Sport muri komite yifuza guhagarika akazi, Olivier Gakwaya yagize ati “ kubera amagambo avugwa na bamwe mu bakunzi ba Rayon Sport yo gutukana avuga ko kuyobora iyi kipe duharanira inyungu zacu, twiba n’ibidi bibi bituvugwaho twahisemo kureka abandi nabo bakayobora”. N’ubwo ariko iyi komite yasabye kwegura ntabwo inteko rusange yigeze ibemerera, ahubwo yabasabye ko baba bayobora iyi kipe mu buryo bw’agateganyo hanyuma mu cyumweru gitaha abakunzi b’iyi kipe bagahitamo abandi bayobozi. Icyakora kwegura kw’iyi komite kwaje gutunguranye kuko bitari mu ngingo z’iyi nama, iyi nama yarigamije kureba uburyo ikipe yakongera ingufu igura abakinnyi ndetse ikanongerera amasezerano abayarangije bagikenewe. Umwe mu bayobozi b’iyi komite ariwe Visi Perezida Dukundane Jean de Dieu yagombaga gusimburwa kuko abafana bari basabye ko uyu muyobozi yegura ndetse iyi nama mubyo yari bwige kwari ugutora umusimbura ariko ntibyakunda kuko komite yari kumwe nawe nayo yahise yegura. Mu rwego rwo gutegura amatora anyuze mu mucyo, abari muri iyi nama bemeje ko abashaka kwiyamamaza mu myanya itandukanye batangira kubikora ariko abemerewe ni abatanze umugabane mu ikipe ya Rayon Sport nk’uko amategeko mashya y’iyi kipe abiteganya. Kubijyanye n’uyu mugabane abakunzi ba Rayon Sport biyemeje kugabanya uyu mugabane kuko byagaragaye ko hari abo uvuna bityo bawuvana kuri miliyoni ebyiri (2 000 000) ugera kuri miliyoni imwe n’ibihumbi magana abiri ( 1 200 000). Kwegura kwa komite mu ikipe ya Rayon Sport bimaze kuba akarande kuko nibura mu myaka 4 ya shampiyona ishize, buri mwaka komite ya Rayon Sport yagiye yegura ku buryo budasobanutse. Ng'uko rero

Sunday times says

HUMOUR:“Flowers and the godamned rains” As we hit the mid-month mark, the skies opened and the “waters from above” poured unto us ferociously. No sooner had the rains began than we all started cursing. Human nature is quite complicated. Only just a few days ago, we were all cursing and blaming the Good Creator for not opening his taps and sprinkling some of the Holy contents down upon the creatures that live on this planet earth. When he heeds our requests or can we call it prayers, then, the next moment, we are all up in arms urging him to turn those taps off again, ain’t that hypocrisy of the highest order? It all began on the Friday afternoon, SMS (short Text Massages) were flying in all directions in search of mobile phone owners, “TGIF” (Thank God It’s Friday). Despite most of us being half broke, yes that is the situation, we are in the middle of the month and the month has began “meandering” in the Nyabarongo style; this coupled with the World Economic Crush or is it crisis, many of us have learnt to apply the “Power of positive Thinking”, we are always looking upon the positive side of life. The human mind is quite powerful, when a mind is set onto something, that mind will definitely achieve it. Despite being broke, I strongly believed that come Friday, I will have more than enough to “wash my throat”. True to my belief, in the afternoon of that Friday, my BlackBerry phone began by alerting me that I had received an e-mail courtesy of MTN – Everywhere You Go, how would I have been fully connected had it not been their innovation of introducing this “magic” known as the BlackBerry? Those of you who do not know what I am talking about, better rush to the nearest MTN Customer Service Centre, they will enlighten you (this is not an advertisement). Back to the topic, the Diaspoman had sent me an e-mail that a relative of his was in town. He wanted to take him out but was lacking the necessary company and that the guest had read a lot about a fellow called “The Villager”, he wanted to meet him in person and flesh. Who was I to refuse? “Icyo twashyakiraga ishoka, umuyaga urakigushije” (what we sought an axe for, the wind has felled). The venue selected was none other than “Car Wash” a.k.a. “Embassy of Kenya”. Reason why the venue was chosen was because the guest hailed from Kenya. To be precise, if this guest visited one of East Africa’s member states, he would most probably be labelled as a “Mad ...” by the head of state of that country. Unfortunate for us, the “ambassador”, a one Mr. Wahome, was not present; he had travelled back to Nairobi most probably for consultations with the many Babas (Baba Moi, Baba Mwai, etc). No sooner had we arrived than the tables began filling with all tribes of beers, Tusker Malt, Bellos, ARMSTELS, Primus, etc. The drinks were being “thrown” down the throats as if to “wash” off the various layers of dust that had come with the long dry spell. Soon, things like “Sukuma wiki” (push the week), Ugali, Kacumbali, Firiti, inkoko and Nyama Choma were used to greatly decorate our table. Just a minute, I had forgotten, a number of our colleagues had brought along a number of “flowers”. As we began talking of flowers, the man from Kenya began boasting that Kenya exports almost 40% of the world’s flowers. I challenged him as to why he had to boast of such small numbers, when Rwanda produced 70% of the flowers, the difference was that, they exported and us we “consumed” our own flowers! The Diaspoman was quick to inquire as to how many Kenyan “flowers” were around our table? None! Rwandan ones? Plenty! By the way, the Kenyan guest was sitting next to one and his eyes kept popping out of their sockets in order to appreciate God’s own work of art! Our party was interrupted by the rains that came accompanied by thunder “blasts” that were rocking the night as if it was a “battlefield”. We had no alternative but to scamper for safety in the comfort of our homes. Mfashumwana@fastmail.fm